Forum des supporters de Rayon Sports FC (1598 topics, 7212 messages) Dernier message par cacara, le 14/02 à 20:11:06 |
mungo![]() |
banyagikundiro dore 3 y'uyu munsi yatashye none rero ni uguhita hatangirwa gutegurwa uwa AS kigali ntizongere kudutesha amanota nk'uko byagenze mu mikino ibanza rwose ntizatugarurireho ubuyanja dore ko amakipe ageze aharindimuka usanga akunze kutuzukiraho! ikihutirwa cyane nyuma y'imyitozo ni uguhemba abakinnyi bakazaseruka bafite morale
|
|
| Masaka Oh Rayon ![]() |
Ko mudakoma banyagikundiro? Mukanguke dukomeze urugendo. Numvise kandi ko ngo tuzakina muri CECAFA, abayobozi ba FERWAFA barabyemeza 90%. ![]() |
|
| Ntacyonzaba amakuru nkuye kuri VOA Kigali, atangaje ko Kaniki yaba ngo yahamagaye mub uyobozi bwa GIKUNDIRO akabamenyesha ko ibimuvugwaho ko ataribyo. Ariko Radio yahise yanga sinabasha kuyamenya yose. ![]() |
Muraho mwese?
Wamugani wa Masaka ndabona abantu twese ducecetse cyane sinzi impamvu. Masaka,dufashe udusobanurire neza ibyiyo nkuru yuko tuzakina muri CECAFA. Hagati aho kandi,ngo kuri iki cyumweru hateganijwe amatora ya comitte n'inteko rusange,ni amakuru nakuye kuri Radio 10. |
|
| Masaka Oh Rayon ![]() |
Nabisomye kuri Newtimes y'ejo ariko no ku musozo w'iyi nkuru barabivuga.
Kagame Cup set for May Sports minister Joseph Habineza and former minister of infrastructure Linda Bihire with the 2009 Kagame Cup. Atraco won the title after their 1-0 victory over El Merreikh. By Bonnie Mugabe THIS year’s Cecafa/Kagame Club Championship will run from May 15-29 in Kigali. This was confirmed yesterday by the Confederation of East and Central African Football Association (Cecafa) Secretary General Nicholas Musonye. However, Ferwafa is skeptical about the timing. The body’s Chief Executive Officer (CEO) Jules Kalisa fears that the event could collide with the Africa Nations Championship (CHAN). “We (Rwanda) shall be engaged in CHAN qualifiers on the weekend of May 16-17 so we are trying to negotiate with CAF to change the dates.” “So for now, hosting the tournament depends on CAF’s positive response.” The last time the tournament was held in Rwanda was in 2007 and APR coasted to the title under the guidance of Andy Mfutila. Last year, Atraco became the third local side to win the tournament (after Rayon Sport and APR) when they beat Sudanese side El Merreikh 1-0 in the final. Hamis Kitagenda’s strike proved the difference between the sides. It was also Sam Timbe’s third Kagame Club Championship triumph after back to back wins with Ugandan sides SC Villa (2005) and Police FC (2006). Atraco pocketed $50,000 (Rwf28.65m) and a trophy for the triumph while losing finalists El Merreikh and TP Mazembe of DRC (third place) settled for $30,000 (Rwf17m) and $20,000 (Rwf11.4m) respectively. Since 2002, President Paul Kagame has been the key sponsor of the event with an annual contribution of $60,000 (Rwf34.3m). With APR (national league champions) and Atraco (runners-up and Cecafa Club Championship reigning champions) already guaranteed slots in the tourney, Rayon could also sneak their way into the event after fresh reports that Rwanda (hosts) could be allowed to field three teams. Ends |
|
| Tomrayon Gikundiro genda urahebuje!!! ![]() |
EREGA NTIMUGIRENGO N'IZINDI MPUHWE BATUGIRIYE ZO KUBA BARI GUSHYASHYANA NGO RAYON IZITABIRE CECAFA IZABERA I KIGALI MURI MAY 2010 AHUBWO ICYO NEMERANYA N'ABANYAMAKURU BIMWE MU MARADIO AVUGA AMAKURU Y'IMIKINO TWEBWE ABAFAANA BA GIKUNDIRO TUGIYE KUBA ITURUFU YO KUGIRANGO HAZABONEKE AMBIANCE MURI ICYI GIKOMBE GITEGANYIJWE KUBERA INO, YEGO NI BYIZA KUGIRANGO N'EQUIPE YACU IZIPIME N'AYANDI YO MU KARERE ARIKO SE NIBA BABONA KO ABAFANA BA GIKUNDIRO ARI RICHESSE KUKI BABYIBUKA ARUKO BASHAKA GUSARURA AMANOTA YO KWAKIRA NEZA IBIKOMBE NO KUGIRA AMBIANCE KU MA STADE? EREGA CECAFA Y'AMAKIPE Y'IBIHUGU Y'EJO BUNDI YABABEREYE ISOMO AHO WASANGAGA MURI STADE HARIMO ABAFANA NKABAMWE BA ATRACO BABA BARI MURI STADE IYO YAKINNYE NDAVUGA BABARIRWA KUNTOKE,
ARIKO RERO IBYO NTIBITURANGAZE NGO BIDUHUZE AHUBWO TWIGARUKIRE KU MUKINO WA AS KIGALI NYAMUNEKA IBITEKEREZO N'UBWITABIRE BURAKENEWE HABA KURUBUGA NDETSE NO KUKIBUGA TUKARIRIMBA MURERA, SHA EJO BUNDI NARI NIBEREYE I NYAMIRAMBO DUKINA NA ELECTROGAZ UZI IBYISHIMO BYARI BYASABYE MURI STADE UMUKINO URANGIYE? SHA BARIYA BASORE NABONYE BAWUTERA NEZA KANDI ISAHA N'ISAHA BAKABA BATSINDA ICYO BAKENEYE RERO NI UKUBABA INYUMA, MOTIVATION NA MORALE SAWA MURAGAHORANA GIKUNDIRO! |
|
| Masaka Oh Rayon ![]() |
Ariko se imyitozo irakorwa ko numvise ko bakinnyi na none ngo bigaragambije ko badahembwa?
Ibya CECAFA byo iyo analyse yawe niyo. Bagomba kuduhendahenda, ahubwo bari bakwiye no kuduhembera abakinnyi kugira ngo bajye mu kibuga. Buriya se tutagiye ku bibuga abantu babona ko ziriya kipe 2 zatsinze zite niba ntawe zishimisha? |
|
| Tomrayon Gikundiro genda urahebuje!!! ![]() |
Abbaaba bagera kumyitozo mwatunyuriramo iby'aba basore bashya baba basinyishijwe muri rayon sport ? ese baba bakora difference ko aricyo twifuza kuko n'abandi batari babi na gato ko ahubwo bari bakeneye motivation bityo bakongera ishyaka mukibuga?
Ibyabo biragaragara muri iyi nkuru ya the newtimes yo muri iki gitondo igira iti<< Ugandan pair completes Rayon switch Olivier Gakwaya By Richard Mugarura SC Villa defender Godfrey Walusimbi and Idrissa Kayi of Victor United have joined six-time league champions Rayon Sport on two-year contract deals. The Ugandan pair will help push for honours on two fronts; national league and MTN Peace Cup, where the Blues have been drawn with Marine in the second round. Rayon’s Secretary General Olivier Gakwaya told Times Sport yesterday that the players were signed to boost the club’s title ambitions. “We have recruited the pair to beef up our squad and we now hope that we can push even harder for a trophy this season,” Gakwaya said, before adding that the club is still in the transfer market. The Blues, who have collected 24 points from 12 league games, are third on the league table behind APR and Etincelles. |
|
cacara![]() |
mbanze mbasuhuze rs kurubu ifite komite shya ikaba iyobowe na muvunyi poul nka peresida theojene ntampaka ka vs p 1 na byemveni nka vs p 2 olivier yagumye kumwanya we kubwange rero akaba arigiokrwa kiza kandi tubifuriza kuzarangiza neza inshingano biyemeje mvuze kuri muvunyi twizereko atazitwara nkuko yitwaye mubihe byashije twizereko bazanye imigambi mishya rs ikongera kugaragara muruhando rwamahanga dutwara ibikombe ubwo namwe muzavuga kubyo mubona iyikomite izatugezaho muhorane gikundiro |
|
Vous ne pouvez pas ajouter de messages.